Itandukaniro hagati y’umugabo n’umugore karemano rishobora kubangamira Imibanire Yabo Myiza
Twifashishe film les hommes viennent de Mars et les femmes de Venus, bagaragaza neza ko burya imibanire yacu ya buri munsi ari kimwe mu bidutegurira ugutera urubariro kwiza iyo tubanye neza. Kandi iyo abashakanye babana nabi mu buzima bwa buri munsi, usanga no gutera urubariro biba bizabiha kuko umwe aba atakishimiye undi nk’uko byakagombye.Aho bipfira bwa mbere, ni uko abantu bamara gushakana hashira iminsi ntibabe bakibonana nk’inshuti, ahubwo umwe akabona mugenzi we nk’umuntu babana gusa.
KOMEZA USOME
0 comments:
Post a Comment