1. Mukunde utamuryarya
2. Mwubahe nk’umwami
3. Mutinyuke nka Musaza wawe
4. Wikora iteka ibyo agusabye.
5. Gabanya ama code niba hari icyo udashaka, ubimubwire umwubashye
6. Fatanya nawe gutera imbere
7. Wiba ikindi kibazo kiyongera kubyo asangannywe ku byerekeranye n’amafaranga.
8. Nawe ubwawe haranira gutera imbere.
9. Hangayikana nawe mu iterambere , kuri ubu byarakomeye
10. Niba muri kumwe, muhungure unamutunganirize imyenda, buriya gutunganya ikora ry’uwo musore bishobora kumushimisha kurusha kuryamana nawe
11. Mufashe kuba ahasukuye nawe asukuye kuko abasore benshi ntibazi kwita ku isuku
12. Oroshya kumugenzura, abasore benshi ntibakunda ukabya ubumaneko mu rukundo.
13. Tuma agutekerezaho cyane, mutungure umwandikire sms umubwira ko umukunda.
14. Umusore azashishikazwa cyane n’uburyo umwakiriye aje, kurusha uko azashishikazwa n’uburyo wamusanze ataje. Nagusanga fatiraho umwereke akakuri ku mutima
15. Niba aje agusanga nawe umushaka, mwakirane urugwiro n’ubwuzu kandi ubimwereke.
16. Abasore bagira ingeso yo kurebuzwa mu bandi bakobwa. Mwicaze hasi umutoze kumenya ko abo asanga ntacyo bakurusha.
17. Hangayikishwa n’uburyo afungura kuko umukobwa utita ku nda y’umusore ata amanota vuba vuba.
18. Wimuhoza ku nkeke, icyo atakuboneye ukimukeneyeho iyumanganye
19. Mwereke ko utekereza ubuzima bwawe nawe ejo hazaza, ko utari ushaka gukundana nawe icyumweru kimwe.
20. Icyo akora utishimira mutoze kukireka nubona atari ikosa ryabatanya, ryirengagize kuko nta musore w’intungane ubaho.
0 comments:
Post a Comment