![]() |
Abantu Bakunze Gukira Bakuze Kuko Irari ry'abo badahuje igitsina riba ryaragabanutse |
Ibyiza rero ni uko wafatirana izi mbaraga ukiri mu myaka 21-30, ukazikoresha ushaka ubukire (n‘ ijuru ku baryemera). Gusa ikizwi ni uko umuntu ukoresha igitsina cye mu kavuyo ntacyo ageraho ngo kirambe.
Muzarebe abanyepolitiki, abapfubuzi , abasitari n’ abandi bazwi, iyo birirwa mu majipo barazima kuko ariho imbaraga zabo zishirira.
Nibyiza ko imbaraga n’ irari byawe wajya ubimarira kumuntu umwe wiyeguriye kugirango abashe ku kwiyumvamo kurusha uko wararikira bensh n’ uwawe akagucika kubera kutamuha umwanya uhagije.
0 comments:
Post a Comment