by http://urukundo.info
Dore amabanga atatu yambere abakobwa bo muri zakaminuza batapfa bakumeneye niyo bagerageza kubvuga, bikaba ntakuri kuba kurimo.
1. Imyaka yabo cyangwa se igihe bavukiye
Abakobwa benshi bo muri iyi minsi biga cyane cyane mumashuri ya Kaminuza, uwapfa kukubwira imyaka ye si uyu nuyu gusa bake banakubwiye usanga bakubeshya kugirango mube mwakomezanya cyangwa rimwe na rimwe bakavuga ko bavukiye rimwe n’ibihangange byinshi hano ku isi. benshi mubakobwa bigira abana cyane nk’iyo muri mu ishuri biragoye kumva umukobwa uvugisha ukuri igihe yavukiye.
2. Virusi itera Sida cyangwa kuvuga niba baripimishije aka gakoko
Abakobwa benshi, ntanumwe ushobora kukubwira ko yaryamanye n’umugabo runaka. reka noneho umubajije iby’Ijambo SIDA, muba abanzi bakomeye cyane kuko ntanumwe ushobora kukwemerera ko yanduye doreko niyo umuciye murihumye iri jambo SIDA ukarikocora, benshi bahita bavuga ngo tureke iyo sije.
3. Kwiyemera cyane no kwihagararaho
Abanditsi benshi muri za Kaminuza batangaza ko abakobwa baho baba bihagararaho cyane kubasore kuburyo usanga afite abasore batanu kandi akongeraho kuba yifitiye ikindi kigabo aho usanga baba bashaka kugendana n’abasore basa n’abihagararaho cyane.
Aha rero tukaba twababwiye bumwe mubushakashatsi bwakkorewe abakobwa, ariko abahungu nabo bashonje bahishiwe doreko ntabo atari shyashya mukubeshya abakobwa ko batunze ibihenze.
via menyanibi.com
Urukundo
Video Abakobwa Beza
amabanga atatu yambere abakobwa bo muri zakaminuza batapfa bakumeneye niyo bagerageza kubivuga, bikaba ntakuri kuba kurimo.
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment